Category : IMIKINO

IMIKINO

2023: Umunyabigwi mu mupira w’amaguru mu Rwanda Jimmy Gatete yacyeje ikipe ya Mukura VS

idrissa Niyontinya
Jimmy Gatete ni umwe mu bakinnyi bizagorana kuba basibangana mu mitwe y’Abanywarwa ahanini bitewe nibyo yakoze mu makipe yagiye akinira hano mu Rwanda ndetse no mu ikipe y’Igihugu Amavubi. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyizeho Amafoto abiri y’abakinnyi bakiniye Mukura mu bihe byatambutse barimo we, Masumbuku, Ntare Fred, Ruremesha......
Amakuru IMIKINO

2023: Mu mukino wari ubereye ijisho Abasirikare barinda abanyacyubahiro batsinze abatabara aho rukomeye [AMAPHOTO]

idrissa Niyontinya
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Mutarama 2023 kuri Stade ya Bugesera hakinwaga umukino wa nyuma w’igikombe gihuza abasirikare mu mupira w’amaguru, ni umukino wahurije hamwe abasirikare barinda abayobozi bakuru b’Igihugu Republican Guard ndetse n’ingabo zitabara aho rukomeye Special Operation Force Republican Guard niyo yegukanye igikombe itsinze Special Operation......
IMIKINO

Featured Ubuzima bw’Umukambwe Pele buri mukangaratete. Inkuru irambuye [YONGWETV.RW]

idrissa Niyontinya
Umukamwe Edson Arantes do Nascimento w’imyaka 82 wamenyeka nka Pele mu mupira w’Amaguru ubuzima bwe buri mu kangaratete kubera uburwayi Kanseri afite bumurembeje akaba ari mu bitaro bikomeye byo mu gihugu cya Brazil bya Edson Arantes do Nascimento biri mu bikomeye muri icyo gihugu ndetse no ku Isi, dore ko......
IMIKINO

Featured Muramira Gregoire wayoboye Isonga yitabye Imana

idrissa Niyontinya
Inkuru y’akababaro ku bakunzi b’Umupira w’amaguru mu Rwanda no mu Burundi ni ay’Umusaza witwa Muramira Gregoire, witabye Imana azize indwara ya Kanseri y’umwijima. Muramira Gregoire yabaye umuyobozi w’ikipe ya Vital’O yo mu burundi ndetse akaba yaranayoboye irerero ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryitwa Isonga Ubwo ikipe yabatarengeje imyaka 17 yitabiraga igikombe......
IMIKINO

Enner Valencia ufunguye igikombe Cy’Isi ni muntu ki?

idrissa Niyontinya
Enner Valencia niwe utsinze igitego cya mbere mu gikombe cy’Isi cya 2022 kiri kubera muri Qatar, aho amaze gutsinda ibitego bibiri mu mukino ufungura igikombe cy’Isi cya 2022 aho ikipe ye iri gukina na Qatar yakiriye iki gikombe Valencia w’imyaka 33 ni umukinnyi w’umwataka akaba yaravukiye muri Ecuador avukira ahitwa......
IMIKINO

Ferwafa isabye imbabazi Sudani, itangaza ko hari ibihano bikakaye biteganyijwe

idrissa Niyontinya
Ahagana ku isaa kumi z’igicamunsi nibwo ikipe y’Igihugu y’Umupira w’amaguru Amavubi yakinaga umukino wayo wa kabiri na Sudani, ni umukino wabereye kuri Stade ya Kigali Nyamirambo, uza kurangira ari igitego kimwe cy’u Rwanda kubusa bwa Sudani, gusa umukino waje kurangira mu mirwano ikomeye cyane, urebye yatangijwe na Hakizimana Muhadjir, ishyirahamwe......
IMIKINO IMYIDAGADURO

Ubusatirirzi bw’Ubufaransa mukangaratete, Benzema nawe aravunitse

idrissa Niyontinya
Amakuru aturuka mu gihugu cya Qatar mu ikipe y’Igihugu cy’u Bufaransa ni ayuko Rutahizamo wa Real Madrid ndetse n’ikipe y’Ubufaransa Karim Benzema yagiriye imvune mu myitozo yo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Ugushyingo 2022, bikaba bitegerejwe ko agiye gukorerwa ibizamini hakarebwa uko ikibazo cye kimeze. Ntago ari Karimu......
IMIKINO IMYIDAGADURO

Amavubi atsinze Sudan mu mupira no mu migeri Muhadjir adukumbuza Mbutu Tresol [Yongwetv.rw]

idrissa Niyontinya
Mu mukino wa gishuti wahuzaga ikipe y’Igihugu Amavubi na Sudan, urangiye ikipe y’Amavubi itsinze Sudan igitego 1-0 cyatsinzwe na Rutahizamu Gerard Bi Gohou, ni umukino warangijwe n’imvururu ahanini zatangijwe na Muhadjir Hakizimana, ubwo yakoreraga ikosa umukinnyi wa Sudani witwa Gadin Awad umupira ugahita urangira, maze Muhadjir akereka Gadin nk’ugiye kumutera......
IMIKINO

Nick Minaj, Maluma na Myriam Fares nibo bazaririmba indirimbo y’igikombe cy’Isi

idrissa Niyontinya
Umuhanzikazi Nicki Minaj, Myriam Fares ndetse n’umunya Colombia Maluma nibo bemejwe nk’abahanzi bazaririmba indirimbo y’igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar tariki ya 2022 Ugushyingo 2022, ni nyuma y’uko umuhanzikazi Shakira yaraye atangaje ko atakibonetse mu birori byo kuririmba muri icyo gikombe bitewe nuko ahugiye ku muryango we ndetse no......
Amakuru IMIKINO IMYIDAGADURO

Undi Musirikare wa Congo arasiwe mu Rwanda. Inkuru irambuye [Yongwetv.rw]

idrissa Niyontinya
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Ugushyingo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi Akagari ka Mbugangari haraye harasiwe umusirikare w’igisirikare cya Congo (FARDC) utaramenyekana amazina ye cyangwa ipeti yari afite. Abaturage baganiriye n’ikinyamakuru bwiza dukesha iyi nkuru bavuze ko mu ijoro ryakeye bumvishe urusaku......