Category : Amakuru

Amakuru

2023: Abanyarwanda ndetse n’Abarundi baturiye umupaka wa Ruhwa barasaba ibihugu byombi gufungura Imipaka

idrissa Niyontinya
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Mutarama 2023 nibwo Abanyarwanda ndetse n’Abarundi baturiye umupaka wa Ruhwa bakoze inama yahurije hamwe Abayobozi, Abacuruzi ndetse nabashoferi baturiye uyu mupaka basabye ko bakongera bagakomorerwa bakajya bambutsa ibicuruzwa Ni inama yabaye ku mpande zombi haba ku ruhande rw’u Rwanda ndetse n’Uburundi nyuma baza......
Amakuru

2023: Uganda nyuma yo gukundana imyaka 4, akanga ko babana umukobwa yategetswe n’urukiko kwishyura umusore arenga miliyoni 9

idrissa Niyontinya
Urukiko rwa Kanungu rwahategetse umukobwa witwa Fortunate Kyarikunda kwishyura umusore witwa Richard Tumwine amafaranga arenga miliyoni 9 z’Amashiringi ya Uganda nyuma y’uko bakundanye imyaka 4, uwo musore yaramwishyuye amafaranga y’ishuri agera kuri miliyoni 9 n’ibihumbi 400 (9,400,000 USH) aho yigaga amategeko Umukobwa we yisobanuye avuga ko iwabo aribo bamubujije kubera......
Amakuru

2023: Muhanga arasaba Leta gutuzwa mu mudugudu kuko aba mu Ishyamba wenyine ararana n’Ingurube ze

idrissa Niyontinya
Umuturage witwa Mukanyandwi Joyce utuye mu  mudugudu wa Kumukenke  akagali ka Nganzo , umurenge wa Muhanga avuga ko ararana n’amatungu ye arimo n’Ingurube kubera umutekano mucye dore ko atuye mu ishyamba wenyine. Mukanyandwi asanzwe abarizwa mu kiciro cya kabiri cy’Ubudehe akaba atuye ahawenyine mu ishyamba, avuga ko abajura bamuzengereje akaba......
Amakuru

2023: Ibirego byo gushimuta Rusesabagina byaregwaga u Rwanda Leta y’America yabikuyeho

idrissa Niyontinya
Umucamanza wo mu Rukiko rwa Washington witwa Richard J.Leon yatangaje ko ibirego byatanzwe na na Paul Rusesabagina ndetse n’umuryango we byo kuba yarashimuswe na Leta y’u Rwanda uburyo cyatanzwemo butemewe Richard yagize ati “Icyo kirego ntago cyemewe bitewe n’ubudahangarwa bw’Igihugu cy’amahanga, n’ubudahangarwa bw’Umukuru w’Igihugu” Paul Rusesabagina yamamaye muri Film ya......
Amakuru

Featured 2023: Ku nshuro ya gatatu Leta y’u Rwanda yongeye kwihanangiriza DR Congo ku bushotoranyi iri gushora ku Rwanda

idrissa Niyontinya
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Mutarama 2023. nibwo Indege y’Igisirikare cya Congo FARDC ya Sukhoi-25 yagaragaye mu kirere cy’u Rwanda, mu karere ka Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba, ikaza kuraswaho n’Igisirikare cy’u Rwanda ariko ntihanuke, ikaza kuzimirizwa ku kibuga cy’Indege cya Goma muri Congo. Ni kunshuro......
Amakuru

Kigali: Indaya barayikubise benda kuyimena ijisho izira kugira abakiriya benshi bitewe n’uko ikiri nto

idrissa Niyontinya
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 28 Ukuboza 2022 mu Mu mudugudu w’Inkindi akagari ka Kamutwa mu murengewa Kacyiru ahazwi nko ku kinamba hari indaya zaramukiye mu mirwano imwe muri zo irahakomerekera, ndetse n’ijisho ryenda kumeneka, bikavugwa ko zapfaga ko uyu wakubiswe akiri muto bigatuma abamugana baba......
Amakuru

Gen Otafiire yavuze ko mu ishya rya NRM nta numwe ushyigikiye ko Muhoozi yaziyamamariza kuyobora Uganda, ariko na niyamamaza azatsindwa na Se

idrissa Niyontinya
Minisitiri w’umutekano mu Gihugu cya Uganda Maj. Gen Kahinda Otafiire yatangaje ko mu ishyaka rya NRM nta muntu n’umwe ushyigikiye ko umuhungu wa Museveni Muhoozi Kainerugaba yaziyamamariza kuyobora Uganda, kubera ko nk’ishyaka bahitamo umunyamuryango kurusha guhitamo umuntu ku giti cye. Hashize igihe hari amakuru agenda acicikana avuga ko umuhungo wa......
Amakuru

Polisi yakuyeho ubuhanuzi abakuru b’amatorero bakorera abayoboke, babahanurira uko umwaka utaha uzabagendekera

idrissa Niyontinya
Igipolisi cya Ghana cyabujije abayobozi b’amadini n’amatorero guhanurira abaturage ibizababaho mu mwaka wa 2023, bitewe n’uko bamwe bahanurirwa ibintu bibi, bikabaviramo kwiheba ndetse hakaba hari bamwe biviramo urupfu. Mu mpera z’umwaka mu bihugu bitandukanye cyane cyane ibyo ku mugabane w’Africa abaturage bakunda kurara mu nsengero bashima Imana kuba yarabarinze umwaka......
Amakuru

Kicukiro: Hari isoko rikoreramo abacuruzi batatu gusa kubera ikibazo cy’Umuhanda udakoze neza, ubuyobozi buti “Umuhanda ugana muri iryo soko uri mu myiza ihari”

idrissa Niyontinya
Isoko rya Kijyambere rimaze igihe kitari gito ry’ubatswe mu Mudugudu wa Nyamyijima, akagari ka Ayabaraya, umurenge wa Masaka ho mu karere ka Kicukiro iyo urigezemo uhita utungurwa, wibaza uburyo isoko ryiza ry’ubatse mu Misoro y’abaturage riri gusazira ubusa bitewe n’uko nta bantu barikoreramo dore ko rikoreramo abantu batatu gusa mu......
Amakuru

Kicukiro: Abaturage batujwe mu Mudugudu w’icyitegererezo barataka Inzara ikabije bakaba basaba Leta ko yabagoboka

idrissa Niyontinya
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gicaca mu kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro, batujwe mu Midugudu y’icyitegererezo ihubatse barashima Leta y’u Rwanda ko batujwe neza bakavanwa mu buzima bugoye bw’ubusembere babagamo , ariko kuri ubu inzara ikaba ibari bubi cyane dore ko nta......