Category : Amakuru

Amakuru

Shampiyona y’Amagare mu Rwanda igiye gukinwa nyuma y’imyaka ibiri itaba

YONGWE TV
Icyorezo cya COVID-19 cyakomye mu nkokora ibikorwa bya Shampiyona y’Igihugu y’Amagare mu Rwanda, aho iyo mu 202o yagombaga kuba mu Ukuboza uwo mwaka ariko iza gusubikwa kimwe n’iy’umwaka wakurikiyeho yari iteganyijwe muri Kamena. Ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryemeje ko Shampiyona y’Igihugu ya 2022 izakinwa kuwa Gatandatu, tariki ya......
Amakuru

Umunara wa Internet wahagaritswe nyuma yo gupfa kw’inka ziwuturiye

YONGWE TV
Umunara wa Internet wahagaritswe nyuma yo gupfa kw’inka ziwuturiye Umunara wa sosiyete Orange mu gace ka Haute-Loire kari mu Majyefo y’u Bufaransa wamanuwe nyuma y’aho urukiko rwemereje ko umanurwa kuko ukekwaho gutuma inka ziwuturiye zipfa izindi umukamo wazo ukagabanyuka. Uwo munara wari usanzwe utanga internet ya 4G na 3G nk’uko......
Amakuru

Basketball:  Amakipe y’u Rwanda mu batarengeje imyaka 18 yitabiriye imikino y’Akarere ka  5

YONGWE TV
Ikipe y’u Rwanda mu bahungu Share on FacebookShare on Twitter Amakipe y’u Rwanda mu batarengeje imyaka 18 mu bakobwa n’abahungu  yerekeje i Kampala muri Uganda  aho yagiye kwitabira imikino y’Akarere ka 5 “FIBA Zone 5 U-18 Afrobasket Preliminaries 2022” izatangira taliki 13 isozwe 18 Kamena 2022. Biteganyijwe ko iyi mikino ......
Amakuru

Ingabo za Ukraine ziri mu mazi abira kubera intwaro

YONGWE TV
Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu muri Ukraine, ubuyobozi bw’icyo gihugu buri gutaka bikomeye kubera intwaro zikomeje kuba iyanga, ibiri gutuma Ingabo z’u Burusiya zirushaho kwigarurira ibice byinshi by’Iburasirazuba bwa Ukraine. Guverineri w’agace ka Mykolaiv, Vitaly Kim, yavuze ko intwaro ziri kubashirana ku muvuduko uteye ubwoba, kuko bari guhangana n’ibitero......
Amakuru

Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora ISHYIRAHAMWE RY’UMUKINO WA MAGARE MU RWANDA, FERWACY

YONGWE TV
Nk’uko byari byitezwe, Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) mu gihe cy’imyaka 4 iri imbere. Uyu munsi nibwo habaye amatora ya FERWACY aho Murenzi Abdallah wiyamamazaga wenyine yongeye gutorerwa kuyobora iri shyirahamwe kugeza 2026. Uyu mugabo akaba yatowe n’abantu 10 muri 11 bagombaga gutora, ni......
Amakuru

Abagenda Umujyi wa Kigali bemeza ko ubwiherero rusange buje bukenewe

YONGWE TV
Ahitwa kuri 12 mu mahuriro y’imihanda y’uva i Burasirazuba winjira i Kigali, ukomeza ujya i Remera, ujya i Kimironko ndetse n’uwambuka igishanga cya Nyandungu werekeza i Masoro kuri Kaminuza y’Abadivantisiti, hari utuyira dushamikiyeho twinjira mu rufunzo rw’icyo gishanga. Umujyi wa Kigali urimo kubaka ubwiherero rusange ahantu hatandukanye Ukurikiranye utwo tuyira......