Ruhango: Abaturage baturiye icyuzi cya WASAC cyitwa AYIDELI basaba ko cyazitirwa, kuko Abantu bakiyahuriramo bagapfa
Bamwe mu baturage batuye mu Kagali ka Muhororo, Umurenge wa Byimana, mu Ntara y’Amajyepfo bavuga ko babangamiwe n’icyuzi cya WASAC gikoreshwa mu gukurwamo amazi atunganywa akoherezwa mu baturage cyizwi nka AYIDELI, kubera ko giteza imfu za hato na hato, haba abagiye kogeramo cyangwa se abacyifashisha mu kwiyambura ubuzima biyahura. Dore......