Author : YONGWE TV

69 Posts - 0 Comments

Featured Basaruye miliyoni zirenga 15! Vestine&Dorcas batashye bicinya icyara !

YONGWE TV
Itsinda ry’abanyamuziki Vestine & Dorcas rikora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana beretswe urukundo rwinshi mu gitaramo cyabo cya mbere. Ni igitaramo bise “Nahawe Ijambo Album Launch” cyabereye muri Camp Kigali gihuruza imbaga y’abaramyi ndetse n’ibyamamare bitandukanye mu ngeri zose ziganjemo sinema , ubucuruzi, itangazamakuru ndetse n’umuziki muri rusange. Aba......

Featured Bruce Melodie na Element bongeye gushyiramo intera!Dore urutonde rw’abegukanye Isango Na Muzika Awards

YONGWE TV
Mu ijoro ryatambutse abahanzi nyarwanda n’abagize uruhare mu iterambere ry’umuziki bongeye gushimirwa na Radio Isango Star binyuze mu bihembo bya Isango Na Muzika byari bitanzwe ku nshuro ya gatatu.  Umuhanzi Bruce Melodie uri kubarizwa mu Bugande yegukanye igihembo cy’umuhanzi wahize abandi mu mwaka 2022 mu bagabo [Best Male Artist] ahigika......

Featured Peru:Imyigaragambyo yo gusubiza ububasha Perezida ucyuye igihe irarimbanyije

YONGWE TV
Imyigaragambyo ikaze irakomeje muri Peru aho ibihumbi by’abarurage barakaye biraye imihanda itandukanye basaba Leta nshya y’iki gihugu gufungura no gusubiza ubuyobozi Pedro Castillo wakuye ku mwanya wo kuyobora igihugu mu minsi mike itambutse. Aba baturage bakomeje guhangana n’inzego z’umutekano zirimo Polisi y’iki gihugu bamwe bavuga ko bazaguma mu mihanda kugeza......

Nyuma y’uko Jacob Zuma asabiwe n’urukiko gusubizwa muri Gereza, urwego rw’amagereza rwabiteye utwatsi

YONGWE TV
Kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Ugushyingo 2022 nibwo urukiko rw’isumbuye rwa Africa y’epfo rwanzuye ko uwahoze ari Perezida wa Africa y’Epfo Jacob Zuba yasubizwa muri gereza agafungwa ameze 13 yari asigaye ku gifungo cye, bitewe n’uko irekurwa rye ritari rikurikije amategeko. Jacob Zuma wabaye Perezida wa Africa y’Epfo......

Featured DRC:Ubutegetsi bwashyize umucyo ku ndege y’Ubufaransa byavuzwe ko yari ishyiriye intwaro M23

YONGWE TV
Umuvugizi wa leta ya DR Congo, Patrick Muyaya yatangaje ko indege ya gisirikare y’Ubufaransa yaguye i Kisangani kuwa gatanu ushize yahaguye iri mu kibazo kandi yagenzuwe n’inzego z’ubuyobozi bukuru bw’abinjira n’abasohoka. Benshi mu banye-Congo babonye amafoto y’iyi ndege y’Ubufaransa ku kibuga cy’indege cya Bangboka i Kisangani bakwije ibihuha ko yazaniye......

Featured Imikino yabyaye urukundo!Zuchu yahamije urwo yihebeye Sebuja !

YONGWE TV
Nyuma y’amezi atari macye havugwa urukundo hagati ya Zuchu na Diamond Platnumz bagakomeza kugenda bacenga babihakana, kuri ubu uyu muhanzikazi yemeye ko bari mu rukundo. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Tiktok uyu muhanzikazi yemeje ko Diamond ari umukunzi we. Aha yasubiza ikibazo yari abajijwe n’umwe mu bamukurikira wagize ati:......

Featured Turahirwa Moses wambika abakomeye yanyomoje abavuze ko yatandukanye n’inzu y’imideri ya Moshions

YONGWE TV
Umunyamideri Turahirwa Moses  yahakanye amakuru yacaracaye avuga ko yaba yasezeye akazi mu nzu y’imideri ya Moshions yambika abakomeye. Abinyujije kuri Twitter Turahirwa yagize ati”Ndaguma ndi umuyobozi mukuru [CEO] kandi nishimiye guha umwanya abanyamideri bashya [Designers] kugira ngo bagire uruhare mu guteza imbere imideri “ Moses atangaje ibi nyuma y’amasaha make atangaje......

Featured Bruce Melodie ,Juno Kizigenza n’ibindi byamamare byashenguwe n’urupfu rwa Kinyoni wo kwa Element

YONGWE TV
Abahanzi barimo Bruce Melodie ,Juno Kizigenza na Yago For Real uzwi mu itangazamakuru bashenguwe n’urupfu rw’umusore witwa Kinyoni wabashaga kwandika indirimbo muri Studio ya Country Records ikoreramo Producer Element Eleeeh. Inkuru y’urupfu rw’uyu musore wari ukiri muto rwatangajwe na Noopja bavukana wavuze ko yatabarutse mu ijoro rya tariki 17 Ugushyingo......

Featured Prince Kid ntakiburanye

YONGWE TV
Amakuru y’isubikwa ry’uru rubanza IGIHE yayahamirijwe n’umwe mu bunganira Princekid wavuze ko babonye mu ikoranabuhanga amakuru y’uko rwasubitswe ariko avuga ko atazi impamvu yatumye barusubika. Uru rubanza byari byitezwe ko rutangira i Saa yine z’amanywa rukabera mu muhezo ahari hitezwe kumvwa abatangabuhamya batatu batumijweho n’Urukiko. Abari barwitabiriye bategereje ko ababuranyi......

Perezida Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu

YONGWE TV
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Claude Musabyimana, wasimbuye kuri uyu mwanya Gatabazi Jean Marie Vianney. Ni mu muhango wabereye  muri Village Urugwiro, uyobowe na Perezida Paul Kagame. Mu ijambo rye Perezida yatangaje  ko inshingano z’ubuyobozi atari nshya kuri Musabyimana, icyahindutse ni uko ziyongereye uburemere. Yakira......