Amakuru

Ubwato bw’Intambara bw’Igisirikare cya Thailand bwakoze impanuka 31 baburirwa irengero

Mu ijoro ryo kuri icyi cyumweru tariki ya 18 Ukuboza 2022 nibwo ubwato bw’intambara bwa Thailand bwagiriye impanuka mu Nyanja abaturage 31 baburirwa irengero

Ni impanuka bivugwa ko yatewe n’uko amazi menshi yinjiraga mu bwato anyuze mu itiyo bituma abayobozi b’Ubwato batabasha gu kontorora ubwato

Iyi mpanuka ikaba yemejwe n’Umuvugizi w’Igisirikare cyo mu mazi Admiral Pogkrong Monthardpalin wavuze ko abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi baraye bashakisha abo barokora 75 akaba aribo barokowe, ndetse ko ibikorwa byo gushakisha bigikomeje, yavuze ko ubwato nta kibazo bazi bwari bufite avuga ko bwari bukiri buzima akaba ari ubwambere iyi mpanuka ibaye mu mateka y’igisirikare cya Thailand bityo ko iperereza rigikomeje ngo harebwe icyaba cyateye iyi mpanuka

Related posts

Ubwongereza n’Ubufaransa byasabye M23 guhagarika kwataka Goma vuba na bwangu

idrissa Niyontinya

Peru:Imyigaragambyo yo gusubiza ububasha Perezida ucyuye igihe irarimbanyije

YONGWE TV

DRC:Ubutegetsi bwashyize umucyo ku ndege y’Ubufaransa byavuzwe ko yari ishyiriye intwaro M23

YONGWE TV

Leave a Comment