Amakuru

Ishimwe Dieudonne urukiko rumugize umwere ku byaha ashinjwa

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Ukuboza 2022 nibwo rwiyemezamirimo Ishimwe Dieu Donne wamenyekanye ku mazina ya Prince Kid yamaze kugirwa umwere ku byaha yashinjwaga birimo ibifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse no guhoza ku nkeke, urukiko ruhita rutegeka ko ahita arekurwa.

Ishimwe Dieudonne uyobora Kompanyi ya Rwanda Inspiration Backup yahoze itegura irushanwa ry’ubwiza (Miss Rwanda) yavunzwe azira ibyaha bishingiye ku ishimisha mubiri yaregagwa gukorera abakobwa bitabiraga iryo rushanwa mu bihe bitandukanye.

Related posts

Bwa mbere President Museveni avuze ku birego bishinjwa u Rwanda na Uganda byo gufasha M23

idrissa Niyontinya

Perezida Evaliste Ndayishimiye ati ndizera ko u Rwanda ruzaduha abanyabyaha bacu rufite

idrissa Niyontinya

M23 ntabwo yigeze itumirwa mu nama yahurije hamwe Perezida Kagame, Museveni, Tshisekedi ku kibazo k’imitwe yo muri Congo

idrissa Niyontinya

Leave a Comment