Amakuru

RDF ivuze ku musirikare waraye urasiwe i Rubavu. Inkuru irambuye [Yongwetv.rw]

Nkuko twabibagejejeho mu nkuru zacu zatambutse, aho twababwiraga ko igisirikare cy’u Rwanda RDF cyaraye kirashe umusirikare bicyekwa ko ari uwa Congo agahita ahasiga ubuzima.

Mu itangazo RDF inyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Ugushyingo 2022 rivuga ko RDF yaraye irashe umusirikare bacyeka ko ari uwa Congo, ubwo yinjiraga mu Rwanda arasa ku minara y’Ingabo z’u Rwanda, RDF, akaba yarashwe mu rwego rwo kwirinda ko yagira umuturage yababaza

Abaturage bo muri ako Karere bahumurijwe n’inzego z’umutekano z’u Rwanda, uretse ko abo baturage nabo bavuga ko bafitiye ikizere ingabo z’u Rwanda.

Related posts

2023: Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye abasore 3 bakubise Muhizi bikamuviramo urupfu

idrissa Niyontinya

M23 ntabwo yigeze itumirwa mu nama yahurije hamwe Perezida Kagame, Museveni, Tshisekedi ku kibazo k’imitwe yo muri Congo

idrissa Niyontinya

Indonesia: Abarenga 56 bamaze kwicwa n’umutingito, abarenga 700 barakomereka

idrissa Niyontinya

Leave a Comment