IMYIDAGADURO

Sri Lanka: Hatowe Perezida mushya uri mu bari banzwe n’abaturage

Abagize inteko ishinga amategeko ba Sri Lanka batoye Minisitiri w’Intebe,Ranil Wickremesinghe nka prezida mushya w’icyo gihugu ariko n’umwe mu bazwe cyane n’abaturage

Wickremesinghe ahanganye n’ikibazo cyo kuyobora igihugu kigeze aharindimuka mu bukungu no gusubiza ibintu mu buryo nyuma y’amezi n’amezi y’imyigaragambyo y’urudaca.

Related posts

Muri Kigali umumotari yasanzwe muri Ruhurura yapfuye. Inkuru irambuye

idrissa Niyontinya

Undi Musirikare wa Congo arasiwe mu Rwanda. Inkuru irambuye [Yongwetv.rw]

idrissa Niyontinya

Turahirwa Moses wambika abakomeye yanyomoje abavuze ko yatandukanye n’inzu y’imideri ya Moshions

YONGWE TV

Leave a Comment