IMYIDAGADURO

Sri Lanka: Hatowe Perezida mushya uri mu bari banzwe n’abaturage

Abagize inteko ishinga amategeko ba Sri Lanka batoye Minisitiri w’Intebe,Ranil Wickremesinghe nka prezida mushya w’icyo gihugu ariko n’umwe mu bazwe cyane n’abaturage

Wickremesinghe ahanganye n’ikibazo cyo kuyobora igihugu kigeze aharindimuka mu bukungu no gusubiza ibintu mu buryo nyuma y’amezi n’amezi y’imyigaragambyo y’urudaca.

Related posts

Ubusatirirzi bw’Ubufaransa mukangaratete, Benzema nawe aravunitse

idrissa Niyontinya

Basaruye miliyoni zirenga 15! Vestine&Dorcas batashye bicinya icyara !

YONGWE TV

Nyanza: Umusaza w’imyaka 88 yasanzwe amanitse mu bwiherero yapfuye. Inkuru irambuye

idrissa Niyontinya

Leave a Comment